Setingi z'ibijyanye n'ibanga

Kugira ngo uru rubuga rukore neza, dukoresha cookies n'ibindi bifitanye isano. Cookies zimwe na zimwe biba ari ngombwa ko uzemeza kugira ngo urubuga rukore neza. Ntushobora kurukoresha utazemeje. Icyakora hari cookies ushobora kwemeza cyangwa ukazihakana, kubera ko zikoreshwa gusa mu kugufasha gukoresha urubuga. Nta hantu aya makuru azagurishwa cyangwa ngo akoreshwe mu bucuruzi. Niba wifuza ibindi bisobanuro, soma Amabwiriza agenga ikoreshwa ry’amakuru asigara nyuma yo gusura urubuga n’ibindi bifitanye isano. Ushobora guhindura setingi zawe ukanda ahanditse ngo #Ibanga- Setingi z'ibijyanye n'ibanga.

Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA | YESAYA 11-16

Isi izuzura ubumenyi ku byerekeye Yehova

Isi izuzura ubumenyi ku byerekeye Yehova

Uko ubwo buhanuzi bwasohoreye ku Bisirayeli

  • Igihe Abisirayeli bavaga mu bunyage i Babuloni n’igihe bari kuba bageze mu gihugu cyabo, ntibagombaga gutinya inyamaswa cyangwa abantu bagereranywaga na zo.Ezira 8:21, 22

Uko ubwo buhanuzi busohora muri iki gihe

  • Kumenya Yehova bituma abantu bahinduka. Abantu bahoze bagira urugomo ubu ni abanyamahoro. Kumenya Imana byatumye tuba muri paradizo yo mu buryo bw’umwuka

Uko ubwo buhanuzi buzasohora mu gihe kizaza

  • Isi izagira amahoro n’umutekano nk’uko Imana yari yarabiteganyije. Abantu n’inyamaswa ntibazongera guteza umutekano muke

Kumenya Imana byatumye Pawulo ahinduka

  • Sawuli akiri Umufarisayo, yagiraga kamere ya kinyamaswa.1Tm 1:13

  • Kugira ubumenyi nyakuri byatumye ahinduka.—Kl 3:8-10

Intumwa Pawulo yaretse uburakari aba umuntu mwiza