Bibiliya n’amateka
Uko Bibiliya yarinzwe, uko yahinduwe mu zindi ndimi n’uko yakwirakwijwe, bigaragaza ko ari igitabo kihariye. Hari ibintu byinshi bivumburwa muri iki gihe byemeza ko ivuga ukuri ku birebana n’amateka. Uko imyizerere waba ufite yaba iri kose, uzibonera ko Bibiliya itandukanye cyane n’ibindi bitabo.
INKURU ZICUKUMBUYE
Bahaga agaciro Bibiliya: Umusogongero (William Tyndale)
Ibyo yakoze bigaragaza ko yakundaga Bibiliya kandi no muri iki gihe biradufasha.
INKURU ZICUKUMBUYE
Bahaga agaciro Bibiliya: Umusogongero (William Tyndale)
Ibyo yakoze bigaragaza ko yakundaga Bibiliya kandi no muri iki gihe biradufasha.
Bibiliya zitandukanye
Abahinduye Bibiliya mu zindi ndimi
Bibiliya ivuga ukuri ku bihereranye n’amateka
Ibyasohotse
Bibiliya irimo ubuhe butumwa?
Ni ubuhe butumwa bwʼingenzi buri muri Bibiliya?