Agashya!
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Uko wakwiyigisha—Jya utegura ibitekerezo bitera inkunga
Reba inama enye zagufasha kujya utegura ibitekerezo biteye inkunga uzatanga mu materaniro.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Mujye muhita mukemura ibibazo mufitanye.
Iyo twihutiye gukemura ibibazo twagiranye na bagenzi bacu, twongera kubana amahoro kandi tukaba turinze ubumwe bw’abagize itorero.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Ken Kiuchi: Uko Yehova yamfashije kurushaho kuba umuntu mwiza
Ken Kiuchi aratubwira ukuntu Yehova yamufashije kurushaho kuba umuntu mwiza igihe yari umupayiniya, akora kuri Beteli n’igihe yavaga kuri Beteli akaba umupayiniya wa bwite.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Nyakanga 2026
Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 7 Nzeri –4 Ukwakira 2026
AMASOMO TUVANA KU NCUTI ZA YEHOVA—IMYITOZO
Eliya
Ni iki twakwigira ku ncuti ya Yehova yitwaga Eliya?
INKURU Z’UBWAMI N’UBUTUMIRE
Urupapuro rutumirira abantu kuza mu ikoraniro ry'iminsi itatu 2026
INDIRIMBO ZISANZWE
Kumenya ukuri ni umugisha (Indirimbo yo mu ikoraniro ry’iminsi itatu 2026)
Menya uko amagambo ya Yesu atuma tugira ibyishimo bidufasha kurwanya imihangayiko kandi tukagira ibyiringiro.
UKO IMPANO UTANGA ZIKORESHWA
Turacyakomeje gucapa ibitabo nubwo ikoranabuhanga ryateye imbere
Ese turacyakeneye ibitabo bicapye?
INDIRIMBO ZISANZWE
Ntegereje Yehova
Tegereza Yehova, ureba uko ibintu bizaba bimeze nufungurwa kandi ukomeze kubonera imbaraga mu bintu bikongerera ukwizera.
INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Karl Rietz: Niboneye ko nta cyananira Yehova
Karl yagiye yibonera ibintu Yehova yagiye akora igihe baguraga icapiro ryo muri Burezili kuko hari hakenewe ibitabo byinshi mu murimo wo kubwiriza.
AMAKURU
“Nkikijwe n’urukundo”
INKURU Z’IBYABAYE
Inyigisho zo muri Bibiliya zatumye bahinduka
Byagenze bite ngo Lanh wirukaga inyuma y’ubutunzi abone ibyishimo nyakuri? Kandi se ni gute Thắng wahoze ari umunyarugomo yahindutse akaba umuntu mwiza?
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Ibintu bishishikaje bivugwa muri Bibiliya—Inshundura zo mu gihe cya Bibiliya
Menya byinshi ku nshundura zakoreshwaga mu gihe cya Bibiliya.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Gustavo Joseph: Nakoreye Yehova muri Kiba imyaka igera kuri 70
Gustavo Joseph ari kuvuga uko ubuzima bwari bumeze igihe we n’umugore we bakoraga umurimo wo gusura amatorero, igihe bareraga abana babo, na nyuma yaho ubwo bakoraga kuri Beteli.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Ibibazo by’Abasomyi—Kamena 2026
Ni ayahe masezerano abiri Pawulo yavuze mu Bagalatiya 4:24?
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Kamena 2026
Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 10 Kanama–6 Nzeri 2026.

