16-22 Ugushyingo
ABALEWI 4-5
Indirimbo ya 84 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Jya uha Yehova ibyiza kuruta ibindi”: (Imin. 10)
Lw 5:5, 6—Iyo umuntu yakoraga icyaha, yagombaga gutanga igitambo cyo gukuraho urubanza. Icyo gitambo cyabaga ari inyagazi y’intama cyangwa iy’ihene (it-2 527 par. 9)
Lw 5:7—Iyo umuntu yabaga akennye cyane adashobora kubona intama cyangwa ihene, yashoboraga gutanga intungura ebyiri cyangwa ibyana by’inuma bibiri (w09 1/6 26 par. 3)
Lw 5:11—Iyo yabaga adafite ubushobozi bwo kubona intungura cyangwa inuma, yashoboraga gutanga kimwe cya cumi cya efa y’ifu inoze (w09 1/6 26 par. 4)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
Lw 5:1—Abakristo bakurikiza bate ibivugwa muri uwo murongo? (w16.02 30 par. 14)
Lw 5:15, 16—Ni mu buhe buryo umuntu ashobora kuba “umuhemu agacumura ku bintu byera bya Yehova atabigambiriye?” (it-1 1130 par. 2)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Lw 4:27–5:4 (th ingingo ya 5)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro, ariko usome muri Yesaya 9:6, 7. (th ingingo ya 12)
Gusubira gusura: (Imin. 4 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro, ariko usome muri Zaburi ya 72:16. (th ingingo ya 4)
Ikigisho cya Bibiliya: (Imin. 5 cg itagezeho) lvs 209 par. 22-23 (th ingingo ya 19)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Tumaze imyaka 60 dukorana ubupayiniya: (Imin 15) Erekana iyo videwo. Hanyuma ubaze ibibazo bikurikira: Ni izihe nshingano Takako na Hisako bahawe? Ni iyihe ndwara Takako yarwaye kandi ni iki cyamufashije? Ni iki cyatumye bagira ibyishimo? Ibyababayeho bihuje bite n’ibivugwa mu mirongo ikurikira: Imigani 25:11; Umubwiriza 12:1; Abaheburayo 6:10?
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30 cg itagezeho) lvs, Ibaruwa y’Inteko Nyobozi, igice cya 1 par. 1-6; ibisobanuro bya 1
Amagambo yo gusoza (Imin. 3 cg itagezeho)
Indirimbo ya 105 n’isengesho