20-26 Mutarama
INTANGIRIRO 6-8
Indirimbo ya 89 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Abigenza atyo”: (Imin. 10)
It 6:9, 13—Nowa yari akikijwe n’abantu babi (w18.02 4 par. 4)
It 6:14-16—Yehova yahaye Nowa inshingano itoroshye (w13 1/4 14 par. 1)
It 6:22—Nowa yizeraga Yehova (w11 15/9 18 par. 13)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
It 7:2—Abantu bashingiraga ku ki kugira ngo batandukanye inyamaswa zaziraga n’izitaraziraga? (w04 1/1 29 par. 7)
It 7:11—Amazi yateye Umwuzure wakwiriye ku isi hose yaturutse he? (w04 1/1 30 par. 1)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) It 6:1-16 (th ingingo ya 10)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Videwo y’uko wasubira gusura bwa mbere: (Imin. 5) Ikiganiro. Erekana iyo videwo hanyuma ubaze uti: “Umubwiriza yafashije ate nyiri inzu gutekereza ku murongo wo muri 1 Yohana 4:8? Ni mu buhe buryo ababwiriza bafatanyije kubwiriza nyiri inzu?”
Gusubira gusura bwa mbere: (Imin. 4 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. (th ingingo ya 12)
Gusubira gusura bwa mbere: (Imin. 4 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro, hanyuma uhe nyiri inzu kimwe mu Bikoresho Bidufasha Kwigisha. (th ingingo ya 7)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Umugoroba w’iby’umwuka mu muryango: Nowa—Yagendanaga n’Imana: (Imin. 10) Ikiganiro. Erekana iyo videwo. Muganire kuri ibi bibazo: ababyeyi bavugwa muri iyi videwo bifashishije bate inkuru ya Nowa kugira ngo bigishe abana babo? Ese hari ibitekerezo wabonye wakwifashisha mu mugoroba w’iby’umwuka?
Ibikenewe iwanyu: (Imin. 5)
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 100
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3 cg itagezeho)
Indirimbo ya 37 n’isengesho