29 Kamena–5 Nyakanga
KUVA 4-5
Indirimbo ya 3 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Nzabana n’akanwa kawe”: (Imin. 10)
Kv 4:10, 13—Mose yumvaga atazashobora gusohoza inshingano Yehova yari yamuhaye (w10 15/10 13-14)
Kv 4:11, 12—Yehova yasezeranyije Mose ko azamufasha (w14 15/4 9 par. 5-6)
Kv 4:14, 15—Yehova yamuhaye Aroni kugira ngo age amwunganira (w10 15/10 14)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
Kv 4:24-26—Ni iyihe mpamvu ishobora kuba yaratumye Zipora avuga ko Yehova amubereye “umugabo w’amaraso?” (w04 15/3 28 par. 4)
Kv 5:2—Ni mu buhe buryo Farawo atari azi Yehova? (it-2 12 par. 5)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Kv 4:1-17 (th ingingo ya 12)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro, hanyuma umutumire mu materaniro. (th ingingo ya 2)
Gusubira gusura: (Imin. 4 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro kandi utange igitabo dukoresha twigisha abantu Bibiliya. (th ingingo ya 4)
Ikigisho cya Bibiliya: (Imin. 5 cg itagezeho) bhs 100 par. 15-16 (th ingingo ya 8)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Uko wakoresha uburyo bwo gutangiza ibiganiro”: (Imin. 5) Ikiganiro.
“Ushobora kubwiriza no kwigisha”: (Imin. 10) Ikiganiro. Erekana videwo ivuga ngo: “Tugaragaze ubutwari . . . Ababwiriza.”
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 121
Amagambo yo gusoza (Imin. 3 cg itagezeho)
Indirimbo ya 73 n’isengesho