18-24 Gashyantare
ABAROMA 7-8
Indirimbo ya 27 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Ese ‘utegerezanya amatsiko menshi’?”: (Imin. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Rm 8:6—“Guhoza ubwenge ku bintu by’umubiri” bitandukaniye he no “guhoza ubwenge ku bintu by’umwuka”? (w17.06 3)
Rm 8:26, 27—Yehova akora iki iyo yumvise “iminiho itavuzwe”? (w09 15/11 7 par. 20)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Rm 7:13-25 (th ingingo ya 10)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Videwo y’uko wasubira gusura bwa mbere: (Imin. 5) Erekana iyo videwo hanyuma muyiganireho.
Gusubira gusura bwa mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. (th ingingo ya 6)
Gusubira gusura bwa mbere: (Imin. 5 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. Muganire kuri videwo ivuga ngo: “Kwiga Bibiliya bikorwa bite?” nk’aho mumaze kuyireba ariko ntuyimwereke. (th ingingo ya 9)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Komeza gutegereza wihanganye”: (Imin. 15) Ikiganiro. Erekana videwo ivuga ngo: “Tugomba ‘kwiruka twihanganye’: Twiringiye kuzabona igihembo.”
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 55
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 124 n’isengesho