Amakuru yo ku isi hose
Raporo ya 1 y’Inteko Nyobozi 2025
Muri iyi raporo, turasuzuma ukuntu tuzajya dukoresha umugereka wa A ufite umutwe uvuga ngo: “Inyigisho zo muri Bibiliya dukunda kwigisha” mu gatabo Urukundo rudufasha guhindura abantu abigishwa. Kumenya izo nyigisho bizadufasha gutangiza ibiganiro mu buryo bushishikaje mu murimo wo kubwiriza.
Raporo ya 8 y’Inteko Nyobozi 2024
Muri iyi raporo, turi buze kureba uko twagombye gufata abavandimwe na bashiki bacu bagaragara muri videwo zacu.
Raporo ya 7 y’Inteko Nyobozi 2024
Muri iyi raporo, turamenya uko abavandimwe na bashiki bacu bo hirya no hino bamerewe kandi turaza kumva ikiganiro giteye inkunga umuvandimwe yagiranye n’abavandimwe babiri bashya bo mu Nteko Nyobozi, ari bo Jody Jedele na Jacob Rumph.
Raporo ya 6 y’Inteko Nyobozi 2024
Muri iyi raporo, turasuzuma uko twakomeza kwishyiriraho intego yo gutangiza abigishwa ba Bibiliya.
Raporo ya 5 y’Inteko Nyobozi 2024
Muri iyi raporo, turi buze kureba icyo twakora kugira ngo turusheho kwizera tudashidikanya ko Ubwami bw’Imana ari cyo gisubizo cyonyine cy’ibibazo abantu bahanganye na byo.